Ikizamini cyo kwimenyereza muri TWARANEZA ni ubuntu, ariko iyo ushaka ibizamini byinshi ugura ifatabugzi kumafaranga macye maze ugatsinda ntanomyi. Buri kizamini kiba kirimo ibibazo n’ibisubizo byabyo kandi ukagisubiramo uko ushaka kugeza ubimenye neza. Uhabwa kandi ubusobanuro bw’ingingo bijyanye mu igazeti.